Комментарии:
Nn mbaze ko igihe cyikiriyo atayo wamuhaye uzi ko arinde wamuhaye?kwatagushize mubayamutorera uzi ko yaronse angahe?mbe kwabayamuha batayagusaba ubabazwa niki?niwe wambere rro yambara izihenze?uzi ko zose ariwe azigurira?wasanga harizo ahabwa n'abakunzi nn bazimuhaye azacye azigurisha?ndazi ko atayo umuha nanjye ntayo muha nn abayamuha dufate ko aribikehabwenge?nimba bafite ubwenge wumva abatayamuha bacumuzwa niki?
ОтветитьNone se Pastor uhinduranya ingo ni Pastor nyamaki?
ОтветитьRwose umuco wo gusabiriza umaze kurenga Karegeya tubabarire mubyamagane cyanee, akabaye kose barakora amagroupes bagashyira n Abantu kuri groupe whatsapp batabanje no kubisaba Umuntu. Urabyuka ugasanga bagushyize ku magroupes nkatanu! Ibi bintu ndabasabye nimubyamagane cyaneee
ОтветитьUrumuhanga❤❤❤❤❤❤❤❤❤
ОтветитьKaregeya uri umuhanga rwose, nkunda ko uvugisha ukuri.
Kandi utanga umurongo mwiza ku buryo ibibazo byakagombye gukemukamo
Karegeya iyo myenda umubonana niyacyera mbabarira wikomeretsa umuntu! Yayiguraga Rusagara acyiriho ! Kndi ibi nkubwira mbifitiye ubuhamya
ОтветитьUrakoze cyane gukebura PasterMutesi kdi mu kinyabupfura udatukanye
ОтветитьAhubwo warasaze yigeze asaba nde? Ahubwo gabanya ishyari ese wowe wamuhaye angahe kuburyo uvuga ngo yarasabye?
ОтветитьTurabakunda
ОтветитьSha uyumugore arasabirizape ntanyurwa ashaka ko ariwe ugaragara murwanda
ОтветитьAriko abaha abatabikwiye nabo ndibashishoza😃😃😃😃
ОтветитьUmaze kumuha angahe wa mu pagani weeee!!!!!ruriye mukaso rytakwibagiwe wibuke neza ko utarushaga Rwema gusesengura!!!mbega sha Ko wacugaga ngo Yongwe bafungwe ubu ko Yafunzwe agafungurwa uramuruta? ayiiiiiweeee
ОтветитьMuch Love ❤❤
ОтветитьUriya mugore yigize uwa danger agomba kurya yiyicariye , agahinduranya abagabo b'abandi yitwaje ibipindi bye ,ngo bamugirira ishyari 😂 ari uwuhe se?aririrwa arata imyenda atakuye mu maboko ye ayigurirwa n'abagabo atesha babo kubera ubutekamitwe ajijisha yihishe inyuma y'Imana biyitirira gusa (imana zo ni nyinshi),bamucyaha ngo bamugirira ishyari😂😂😂 Mutesi yigize nyirandabizi ariko ubundi umugani uti " ingunguru zirimo ubusa nizo bakomaho zikomongana, naho iyuzuyemo ibintu ntiyakomongana"
ОтветитьHari uwo yasabye se ? Atyi muceceke aho. Niba yasabye mureke kumuha . Muteye isesemi. Mureke pasiteur Mutesi 😢
ОтветитьUvugukuri kwinshi
ОтветитьYes Mubwire
Ответить😂😂😂😂😂 hhhhhhhhhhh
Uyu mugabo aransekeje ngo namazi yoga sinyashira amakenga kd Koko shn mutesi asa neza pee nareke kwiteza aba bagabo peeee 😂😂😂😂😂😂 hhhhhhhhhhh 😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
Wa mugabo we ufite ukuri kwinshi uri umubyeyi rwose uri numuyobozi ukwiriye
ОтветитьKaregeya 😂 urakoze cyane 😮 Mutesi azi kwigwandika agashaka guhuma abantu amaso avuga utugsmbo twiza. Ariko rwose ntakigenda pe
ОтветитьYebaba weeee Karege uramu bwiye peeee kandi si ubwa mbere uriya mugore asabye cash abuga ko agoye kwivuza
Ese abuzwa niki gukora?? Nzaba nunva peee ku mugani inkuru ze zimaze kuba too much ́gajo iz abagabo ́ngajo ngo agiye canada ahora muri prank
Ubuse abana be ko nabonye ari bakuruibi byose ntibabakomeretsa ???
Urakoze Karegeye❤ Pastor Mutesi arakabya koko.....ahubwo ubanza akunda ko bamuvugaho🫣🫣
Ответить😂😂😂😂😂😂Imana yaramukunze vyaraheze
ОтветитьUyu mugore mutesi arakabije niyivuze ku giti cye
ОтветитьKaregeya aho wabereye uvuze ukuri abo bajura nimubahashye qbakene indemne zirahari zikeneyd gufashwa
ОтветитьWamugabo we wubahwe,siwe wenyine usabiriza yambaye cg yijuse niba ntamukene baturanye azage mubitaro yige.
ОтветитьUremewe ❤❤
ОтветитьAriko disi mwihangane mureke kuvuga ibanga ry undi ubabaye yibwiraga yuko bizagenda ntamugabo uvuga amagambo nkabagore ibanga ribahe kuri you tube
ОтветитьUzi gusesengura ndagukunze mutesi arasekeje pe
ОтветитьMutesi ashaka kwiyerekana kandi Mutesi tubona winyuma siwe wimbere! Kuko muge mwitegereza aho uko avuga nibyo avuga kuko harigihe yibagirwa kwarimo kwigira uwo atariwe hanyuma akatwereka uwo ariwe! Ngo ndabatunze ngo nibage banvuga barye, yarangiza mukanya ati ndambiwe kwicwa agashinyaguro! Kandi nawe yirirwa arya ibyo hasabye! Mutesi mbona ateranya cyane ndetse nukuri abantu bamwe tumaze kumucishamo ijisho! Ntago Mutesi ari inyangamugayo umuntu usaba Monday to Friday! None se ubundi bavuga Mutesi atariwe wabyiteye, atanga ngo save the date ye na Gerald, ngo yariye Rwanda Air agiye Canada, ngo yapfakaye, ngo arashaka cash kurupfu rwa Rusagara ngo nkayo Assia yakuye kurugo rwumugabo we inzahuke! Ubundi hari ibisambo 3 muri social media, Sabin, Mutesi and Chita! Aba bantu sinyangamugayo aba bantu ngo iyo bakiye umuntu infashanyo ngo bafata menshi! Ibi Sabin yabikoze abantu benshi bakajya banabipfa! Ngayo nguko!
ОтветитьNdagushimiye cyanee ,Karegeya urasobanutse ngiye nabyemera uvugishije ukuri koseee imyambaro ya Mutesi agurishijemo moitié , yakwivuza numwaka wose ntakibazo
ОтветитьUyu mugabo karegeya numunyakuri ,abagabo nkaba nibo bubaka igihugu nubwo Ari imbonekarimwe.
ОтветитьOmar turagukundaaa cyaneee ♥️
ОтветитьAriko se ko baba bamuhaye impano nazo azange kugirango mwishime?mucunge hataba harimo ishyari,mureke abashaka kumufasha bamufashe,ariko ibindi mubyohorere.
ОтветитьKaregeya ndagukunda sana wa mfura we nkunda uko ukoramo ibiganiro nukuri sinjya ndambirwa kukumva Kandi ugira ukuri mubyo uvuga❤❤❤
ОтветитьKndi ubu wasanga murababantu bose batanze ibitekerezo byinubira paster Mutesi ko akabije gusabiriza nta numwe muri mwe uratanga n'igiceri cyi100frw ariko mwamwihaye,nuko aba yabonye aho asaba nange uwahanyereka nibibazo nifitiye.
ОтветитьIyo asabye se? Hari ugusaba hari no guhabwa . nonese gutanga,ari ubushake hari uwo ayiba?,muba mufite ishyari ko afite inshuti zimushyigikira
ОтветитьNuko pastor mutesi abayeho n'abandi ba pastor nabahanuzi benshi. Ntabwo bahabwa cash
ОтветитьNoneho hari carte ya bank umuntu aguha yo guhaha gusa. Ntibikunda ko ubikuza n'a 1 rwf. Kireka iyo uvuganye na nyiri supermarché kandi ntibyakunda mwaba mukoze ibyaha.
Ex : ntiwibuka ko hari umuntu aba afite bons za essence cg mazout za 400k niyo ukwezi kwashira ayarazirangiza akaba atemerewe kubonamo argent liquide.
Karegeya ntugate umwanya kumuntu wataye baragirangwiki kko ntacyo aba ikiramira
ОтветитьSo niba utarubizi kwivuza birahenda kandi niba utabyumva, imana yinjizize iwawe uburwayi hanyuma uzagaruka Karegeya we uvuga uti buriya naribeshye .nasanze naravuze ibyo ntazi
ОтветитьHanyuma umikristu afasha pastor cg umuhanuzi bitewe nuko umutima wawe ubyifuza.
Njyewe nkiyemeza kuzajya mwishyurira inzu
Ariko kwivuza nkaba ntamuha n'a 1rwf
Ariko wa mugabo we ceceka rwose, waba ufite total budget bamuhaye mukiriyo ?
Ese ibyo yambaye bihenze waruzi ko ashobora kuba atanayigura.
Apa pastor cg abahanuzi nitwe tu aha imyenda
Rero biragoye kuba😂 wabwira umuntu ngo cadeau umpaye sinyishaka uzajye umpa ingurane ya rwf.
Ukuntu usa neza uvuga amakuru neza,,iyutajya mumatiku njye ndabona bitagukwiriye,kuko mbona wiyubashye,sigaho kuko ntibikubereye,na gato.ubaye akayuda,abonye Mara asiga Yesu amvuta avugako ayapfushije ubusa,harayo yari aguze,icya2Yesu yamusubije iki?isubize nabandi bameze nkawe.njye mbona pst,Mutesi yababajwe byinshi kandi aguma mu Mana,mureke asubizwe,uwababajwe byinshi,nawe asubizwa cyane,ndetse byinshi,Erega Imana yomora ibikomere bigasibangana.
ОтветитьKaregeya on our hearts.tjr la verité❤
ОтветитьUrakoze kumubwiza ukuri kuko harinabatagira igitenjye cya 10 cyo kwambara wabuze ninshabari arakabya kbs ahubwo abantu bamufasha barebahe koko ejobundi yarasezeranye ayo namafranga yose yavuye mubantu ubukwe bwumukibwa nuko nabwo ayo namafranga ubwo abantu bahora bamuha koko usibye kwigira mwiza imbere ya camera kujyirango bikurure abantu babone uko bamuha ahinduranya imideri burimunsi agenda mumodoka nziza aba munzu ihenze harinabanyajyirwa babuze nutubati 2 two gusakaza barara banyajyirwa uriya mugore aranshisha njyewe antera iseseme
ОтветитьKaregeya we ndagukunda usesengura neza cyane knd reka ngushimire kubwo ubuvugizi ukorera abaturage nabandi bafite ibibazo babaye hanyuma ikindi kubijyanye na mutesi mbona uriya mugore asabiriza cyane aba diaspora amafranga bapfusha ubusa baha uriya mutesi sinzi icyo bamuca bagiye bayaha ababaye koko ko aribenshi murwanda ko hanze hano harsbantu bashonje kurenza mutesi ubundi nigute ahora asabiriza ntakazi agira nareke guhora asabiriza akore imyambarire yambara byibura ayigurishije yabonamo ayo million 7 zirenga akajya kuyivuzamo gs numugore wikirumirahabiri ukunda utwabandi ese ubundi abamufasha bo ntibabona kucyi bafasha umuntu akajya kwambara igitenjye cya 300 koko mubyukuri??yaramenyereye kuvuga buriya bugambo bakamuha ariko abamuha rwose nibarecyere bafashe abandi kuko hariho ababaye cyane banarwaye banashonje bafite ibibazo byinshi barekane nindaya ihora kuri shosho media ishaka kubaho mubuzima butamuvunnye
ОтветитьMwe mudakeneye ,kumutera inkunga,mubireke,ariko mwisebya,Mutesi wacu ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤tugukunda mumabara yose.
ОтветитьSi narinzi ko nkawe wagira ishyari,ryo kwambara ,Kwa bambara,hagowe abagore muturanyi biyambarira.mbega wowe.
Ответить