Комментарии:
Koko izo ninshuti,urabona uwo munyamakuru ataraguhinduye igicuruzwa?ugukunda yakwisangira wowe ubwawe akakubaza cg akakugira inama
ОтветитьIhangane numutego wumugabo kand urimwiza uzabaho
ОтветитьIkosa niryumugore kuki atabwuye umugabo
ОтветитьUbu se uyu mugore we wasokanye n'undi mugabo akabeshys uwe ko agiye gusenga niwe mwere ?uragirango bakwite iki se? Wumvaga ko ubundi umugabo nagufata biribugende gute, mujye mutekereza no kungaruka zibyo mugiye gukora mbere .
ОтветитьUyumudamu ararengana
ОтветитьHahirwa uwihanganira ibimugerageza
ОтветитьUyumugore yari yaragambaniwe niyu muteka mutwe wabahaga inka
ОтветитьWamudam we reka gusiga ibintu byamafuti amavuta. Mwize ukuri yuko yakosheje hanyuma yicuze asabe imbabazi. Nah ubundi yarakosheje pe.
ОтветитьEse kuki uwomugabo uzi ibya sauna cyane kuki atatwayeyo umugorewe agahitamo koshya umugore wabandi???????
ОтветитьIkosa rikomeye wakoze nuko wavuze ko ugiye gusenga
ОтветитьNagakino yakinnye ninshutiye kugirango agushakeho impamvu.kuba yarihutanye itangazamakuru.uriya mugabo mwajyanye niwe ubizi neza wabona arinawe wamuhamagaye.komera chr gusa uriya mwasohokanye nimubi
ОтветитьErega birumvikako Ari mw,ikosa pe ntabwo byumvikan,ukuntu wava mu rugo ugakorana urugendo nund,umugabo umugabo waw,atazi.
ОтветитьIhangane mama satani yaragusabye komera
Ответитьwabuzubwenge nigute wajyana numugabo utaruwawe murisawuna
Ответитьurumunyamasengesho
Ответитьhumura usengimana ariko niba
ntabyowakoze imana ikubabarire
Nyamuneka ntabwo Ingo zubakirwa kumbuga nkoranya Mbaga, arikose koko ibi biba byarabaye koko?
ОтветитьMumbabarire bibaye bibaho uyu mubyeyi yaba akosa, kwishyira kukarubanda sibyo pee
ОтветитьWokwiriza se Kandi ufite amakosa
ОтветитьYari afite amatsiko ya sauna. Nonese ko ari umunyamasengesho,Imana ko ivuga yari yaramubwiye ko ariho azakirira rubagimpande Yesu yananiwe? Episode nziza
ОтветитьUrimwiza biragoye nubwiza bwawe abagabo nubundi ntago wabacikira
Wabonye umugore usankawe utarindaya abagabo bakunda umugore umezenkawe baguhabyose bafite bogusambanya noese ubundi ntibagykoye iyonka wagiragango niyik? Nuko wariwaramuryoheye urindayape ugagabo akaza boss ntawuhari abagabo baragowepe
mubyeyi umugabowawe yarafite gahunda yoguta urugo ahubwo umugabo wawe numunyangeso rwose ndindaya
ОтветитьMuvyeyi wiihangane ,gusa okibazo gihari nuko wavuye irihande y'Umugabo wawe nkuko Eva yavuye iruhande ya Adamu ,Rero ko utamasambanye Uze Ushima Imana kuko aho wari wafashwe cane gose Ntikazongere kandi nabandi ribe isomo
ОтветитьMuravuga ukuri ntampamvu yo kumutera amabuye. Humura mama pfukama uhamagare Imana iragufasha.
ОтветитьSIVYIZA kuva murugo Ukaja ahantu utabariye Umugabo nti ngiyaha akaguha uruhusha kandi avyanse ukaguma murugo
ОтветитьAbagore musenga musabe iyerekwa nahubundi murazisenya
ОтветитьIshuti ntiruta umugabo wawe
ОтветитьUyu mugabo yashakaga ko batandukana abura uko abikora
ОтветитьUpfa kubera umugabo
Reka reka lmana irabizi ihora ihoze
Humura
ОтветитьNdumupapa
Uwomumamanakomere
Akagambanekabaho
Iyoumuntuashatsekukwanga
Ashakaimpanvu
Arikomwibutseko
Umusarabakatarigiti
Komeraumucamanzanumwe
Nikigeragezo komeza usenge Imana izakurenganura
ОтветитьSawuna sikibazo ahubwo ubugoryi uwomugabo yibitseho bufite impamvu humura komera
ОтветитьAbobantunibonokugusenyera
Ntiwinvibyabo
Nguhareubu,zimabwawe
Imdnaifitumugambikuriwowe
Rata sawuna ninziza uzisubirireyo ndayikunda
ОтветитьNdarize ndahogoye nukuri nibarekere kugutera amabuye
ОтветитьAhubgo murasa cyane disi
ОтветитьYooo pole mama
ОтветитьYooooo disi urarengana rwose
ОтветитьAriko se ibi byabayeho? Cyangwa nifirime bakina nkuko umugabo we arumukinnyi wa za firimi. Sha ntimukadushuke ufite ikibazo agasura umuntu agateguza umunyamakuru .
ОтветитьOya namwe mwibeshya uwo mugore yakoze ikosa rwose, kujyana numugabo winshuti yuwawe muri sauna utambwiye umugabo wawe n amakosa cyanee
ОтветитьPole chr ndakumva kdi bibaho cyane na karengane kabaho humura nyuma yibi
ОтветитьNonese ko mbona uwo mugore akuze uzajya amushuka wese azajya abyemera NGO ntago ABA abizi
Ответитьmuvyeyi humura kwitwa indaya ntuca ubayo kandi guca m' ubuzima bw'imibabaro siryo herezo ryabwo, kubwanje nubwo wari kuba wabikoze umugabo wawe nyimba ari umgabo wawe koko ata kundi afise kuruhande ntiyari guca aguteza itangaza makuru ahubwo wewe yarondeye imbarutso n'ibimenyetso kugira yoroherwe gukora ico ashaka gukora iyo umuntu aguhimvye (AGUHAZE) ntaco atokora kugira ngo akwikure rero humura hariho umucamanza w'ukuri ni IGIHE.
ОтветитьMwimushyigikira ibiganiro byose yagiranye nundi mugabo habe noguhingukiriza uwo bashakanye nagato kugeza uguye mu mutego
ОтветитьWa mugore we dore ikibazo ufite , bibaho kuba wagaragara mu bakozi b'Imana , nyuma ukagwa, kandi iyo ugiye, uba ubizi n'Imana ,iba ibizi, n'iyo washaka kugarukana icyizere bari bagufitiye ntiwabicisha muri iyo nzira , uwo mutego wagutemo n'abakera babiguyemo ugasanga urugo ruhira rugabirwa ukagira n'iyindi mpamvu naho umugore azi kubana
ОтветитьIzonifirimi zabanyarwanda bashaka kwironkera bisinesi
ОтветитьUnv uyomugor Mutahur mugih yemer Ikosa
ОтветитьTekan bizaher Ivyuvugabiratahuritse
ОтветитьIman izogufash bizaher
Ответить